Home Imikino Mukura VS yabonye umuyobozi mushya

Mukura VS yabonye umuyobozi mushya

0

Mu matora yo gusimbuza abatakiri muri Komite nyobozi ya Mukura VS, Maniraguha Jean Damascène ni we utorewe kuba Perezida mushya wa Mukura Victory Sports

Kuri uyu wa Gatandatu abanyamuryango b’ikipe ya Mukura Victory Sports et Loisirs, baramukiye mu nama y’inteko rusange, aho mu ngingo z’ibyigwa harimo amatora ya komite nyobozi.

Nyuma y’aho ikipe yari imaze iminsi iyoborwa na Sakindi Eugene wari wasigaye mu nshingano za Nizeyimana Mugabo Olivier wari weguye, uyu munsi hatowe Perezida mushya ari we Maniraguha Ndamage Jean Damascène.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleUmunyamakuru Byansi wari ufitanye urubanza na Leta biravugwa ko yabuze
Next articleAmafoto: Fofo wo muri Papa Sava ari guhatana muri Miss Rwanda
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here