Home Politike Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare

0

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba Mukuru w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare mu buryo bukurikira: – Lt. Col Innocent Munyengango yahawe ipeti rya Colonel, anagirwa Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rushinzwe Igenamigambi mu Gisirikare (J5).

Munyengango Innocent yabaye umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda kuva mu mwaka w’ 2017 kugeza mu Ukuboza 2020 ubwo yasimburwaga na Col Rwivanga Ronald. kuva Innocent Munyengango asimbujwe ku mwanya w’ubuvugizi bw’ingabo z’igihugu nta yindi mirimo yihariye mu gisirikare yigeze ahabwa.

Lt. Col Claver Karara yazamuwe mu ntera ahabwa ipeti rya Colonel, yari asanzwe ari umukozi muri ambasade y’u Rwanda muri Ethiopia aho yari ashinzwe ibikorwa bya Gisirikare.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articlePerezida Kagame agiye kuganira n’abaturage binyuze kuri RBA
Next articleAbagore ‘bicuruza’ bagorwa no kwandikisha abana babo mu bitabo by’ irangamimerere
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here