Home Amakuru Perezida Tshisekedi yiyemeje kurandura burundu imitwe y’inyeshyamba yose iba muri Congo

Perezida Tshisekedi yiyemeje kurandura burundu imitwe y’inyeshyamba yose iba muri Congo

0

Ibiro ntaramakuru by’Abafaransa (AFP) bivuga ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Félix Tshisekedi, yiyemeje gufata ingamba zikomeye kugira ngo ihoshe ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa Congo “burundu”.

Imitwe yitwaje intwaro irenga 120 – harimo n’iy’abanyarwanda, Aburundi na Uganda – ikorera mu burasirazuba, bigatuma igice kinini cy’akarere kitagira amategeko.

Mu kiganiro n’abanyamakuru ku murwa mukuru wa Kinshasa, bwana Tshisekedi yagize ati: “Ndimo gushakisha ibisubizo bifatika bizadufasha gukemura iki kibazo mu burasirazuba burundu.”

Bwana Tshisekedi yabaye perezida wa DR Congo mu 2019  binyuze mu matora yaciye mu mucyo bwambere mu myaka hafi 60 kibonye ubwigenge.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleUmuganga w’umukirisitu wamaganye urukingo rwa Covid-19 yamuhitanye
Next articleJose Chameleon arizhiza isabukuru y’imyaka 42
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here