Home Politike Polisi yagaragaye mu mashusho ikubitira ku muhanda ukekwaho ibyaha

Polisi yagaragaye mu mashusho ikubitira ku muhanda ukekwaho ibyaha

0

Polisi y’u Rwanda yemeje ko abantu bagaragara ku mashusho ku mbugankoranyambaga zitandukanye bafata umuntu banamukubita ara abapolisi bari mu kazi nubwo batari bambaye impuzankano ya polisi.

Ibi byabereye mu karere ka Musanze, mu mashusho hagaragara abagabo bane bafata umuntu n’imbaraga bakamuterura bamujyana ku modoka bashakaga kumutwaramo bayimugezaho babanza kumukubita ibipfunsi mu maso no munda.

Uwakwirakwije aya mashusho ku mbuga nkoranyambaga nti yari aziko ari polisi yabikoraga kuko we yatabaza polisi ayisaba ko uwo muntu yatabarwa. Polisi y’u Rwanda yahise yihutira kumusibiza ko uwafashwe ameze neza ko yari ajyanwe gufungwa nyuma yuko yari atorotse aho yari afungiwe nyuma yo gufatwa akekwaho ibyaha byo gukoresha ibiyobyabwenge n’ubujura.

Poisi y’u Rwanda yemeye ko uburyo aba bapilisi bafashe uyu muturage butari bwo bityo ko ababikoze ubu bari kubiryozwa.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleMozambique: Mu bitero by’iterabwoba habanzaga gutabarwa imbwa n’abazungu
Next articleWhatsapp igiye kujyanwa mu nkiko
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here