Home Ubutabera Uwunganira Kazungu Denis asaba ko ibyaha bigabanywa agahanishwa igihano gito

Uwunganira Kazungu Denis asaba ko ibyaha bigabanywa agahanishwa igihano gito

0

Uwunganira kazungu Denis, ushinjwa ibyaha icumi (10), birimo kwica abantu 13 ku bushake n’ibidni birimo iyica rubozo, ubujura, gukoresha inyandiko mpimbano, gusenya inyubako n’ibindi arasaba urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, guhuza ibi byaha uwo yunganira akazahanirwa ibyaha bibiri (2) gusa kuko aribyo yagambiriye gukora ibindi bikaba ari amayeri yamufashije kubikora.

Mu gihe ubushinjacyaha bwasabiye Kazungu Denis guhanishwa igifungo cya burundu, Me muramgwa Faustin, umwunganira yasabye urukiko kuzashingira ku kuba ushinjwa yarorohereje inzira z’ubutabera agahanishwa igihano gito kurusha ibindi.

Kurikira inkuru irambuye mu masjwi n’amashusho

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleAbacamanza n’abashinjacyaha birukanwe ntibemerewe kuba abavoka
Next articleU Rwanda rwarezwe mu rukiko rwa EAC n’abarenga 100 barushinja kubafunga bidakurikije amategeko
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here