Home Amakuru Zimbabwe: Perezida w’Igihugu yarekuye inshingano yigira mu biruhuko

Zimbabwe: Perezida w’Igihugu yarekuye inshingano yigira mu biruhuko

0

Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yatanze ububasha abuha uwari umwungirije Visi perezida Constantino Chiwenga, mu gihe cy;imbyumweru 3 yigira mu biruhuko by’umwaka.

perezida Mnangagwa yatanze ubu bubasha kuri uyu wa gatanu kuko aribwo yagombaga gutangira ikiruhuko cy’umwaka kizamara ibyumweru bitatu.

Aya makuru yatanzwe na minisitiri w’itumanaho.

Perezida Emmersona Mnangagwa, amaze imyaka 4 ku butegetsi nyuma yo gusimbura nyakwigendera Robert Mugabe wari umaze guhirikwa ku butegetsi n’igisirikare. Kuva yafata izi nshingano ni ubwambere bitangajwe ko asigiye inshingano umwungirije kubera ikkiruuhuko.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleUmwana yajyanye imbunda ku ishuri arasa mugenzi we
Next articleCapt Sagahutu avuga ko urugamba rwo kurwana n’inkotanyi rutararangira bakirurimo

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here