Home Politike Uwizeyimana Evode mu barangije manda yabo muri Sena

Uwizeyimana Evode mu barangije manda yabo muri Sena

0

Manda y’imyaka itanu mu Nteko ishingamategeko umutwe wa Sena, Uwizeyimana Evode yari yahawe n’umukuru w’igihugu igeze ku musozo. NI manda Uwizeyimana yagaragajemo ibitekerezo bitandukanye muri komisiyo no mu nteko rusange bigamije kubaka Igihugu.

Usibye Evode Uwizeyimana na Jean-Pierre Dusingizemungu, Epiphanie Kanziza ndetse na André Twahirwa bose binjiriye rimwe mu nteko kuri manda bari bahawe n’umukuru w’Igihugu bose barasoje. Aba bombi mu gihe baba bongeye kugirirwa icyizere bemerewe indi manda imwe y’imyaka itanu muri Sena.

Kurikira bimwe mu bitekerezo bya Evode Uwizeyimana muri Sena n’ahandi yabaga yatumiwe.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleBishop Gafaranga yahamijwe icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ariko arafungurwa
Next articleFrank Habineza mu nzira zisubira mu Nteko ishingamategeko
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here