Home Amakuru Abasirikare batatu bamanitswe bazira kugambanira igihugu

Abasirikare batatu bamanitswe bazira kugambanira igihugu

0

Arabiya Sawudite yavuze ko kuri uyu wa gatandatu yishe imanitse abasirikare batatu bahamwe n’icyaha cy’ubugambanyi bukabije.

Ibiro ntaramakuru by’igihugu SPA bivuga ko itangazo rya Minisiteri y’Ingabo rivuga ko abo basirikare batatu bahamwe n’icyaha mu rukiko ko bakoze “umugambanyi bukabije” kubera ko bakoranye n’umwanzi w’Ubwami.

Aya magambo ariko ntiyasobanuye umwanzi abo basirikare bafashije.

Muri iki gihe Arabiya Sawudite iri mu ntambara ibera muri Yemeni aho iyoboye umutwe w’abasirikare urwanya inyeshyamba za Houthi zishyize hamwe na Irani, zafashe igice kinini cy’igihugu mu 2014

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleAfurika yunze ubumwe yahagaritse kugura urukingo rwa AstraZeneca
Next articleDRC: Katumbi na Fayulu mu ntambara yo kurwanira kuyobora Lamuka
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here