Home Uburezi Abayobora ibigo by’amashuri yisumbuye barasaba amahugurwa y’ikoranabuhanga

Abayobora ibigo by’amashuri yisumbuye barasaba amahugurwa y’ikoranabuhanga

0

Abayobora ibigo by’amashuri yisumbuye mu Ntara y’Uburasirazuba bahamya ko mu gihe umuntu arangije kwiga muri kamuniza cyangwa uhawe akazi ko kuyobora ikigo cy’ishuri kubera ko hari ubumenyi mu miyoborere aba dafite by’umwihariko ubw’ikoranabuhanga bujyane no gukoresha bimwe mu bikoresho by’ikoranabuhanga bityo ngo abayobora ibigo by’amashuri baba bakwiye amahugurwa yihariye.

Usibye ibi kandi aba bayobora ibigo by’amashuri yisumbuye banavuga ko aya mahugurwa akenewe ku buryo ikigo cy’iguguhugu REB gikwiye kuyategura akagera kuri buri mwarimu n’umuyobozi w’ikigo mu Rwanda.

Diane Singati, Umukozi w’ikigo cy’iguhugu gishinzwe uburezi mu Rwanda mu ishami ry’ikoranabuhanga avuga ko aya mahugurwa bayatangiye agamije kuremamo ubushobozi aba bayobozi b’ibigo by’amashuri yisumbuye.

Aba bakora amahugurwa, REB ivuga ko yamaze kubagenera imashini za mudasobwa zizajya zifasha mu kazi ikindi kandi ngo zizajya zibasha kujya kuri internet bityo bizongera ubumenyi bafite bityo bayobore neza.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleAbaturage barifuza ko 30.000 frw bacibwa bimura ibyangombwa by’ubutaka yakurwaho
Next articleAbantu ibihumbi 12000 bandura SIDA buri mwaka mu Rwanda

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here