Home Ubukungu Amafaranga arenga 600 akatwa umuguzi wa lisansi ajyahe ko atuma ihenda

Amafaranga arenga 600 akatwa umuguzi wa lisansi ajyahe ko atuma ihenda

0

Leta y’u Rwanda iherutse gutangaza ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli aho lisansi na mazutu ibiciro byabyo byiyongereye, hatanzwe impamvu y’intambara mu Burasirazuba bwo hagati. Gusa umuntu ugura ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda akatwa amafaranga atandukanye arenga 600 arimo ayo kunganira ubwisungane mu kwivuza, gusana imihanda n’indi misoro itandukanye.

Sobanukirwa amafaranga akatw aumuguzi wa Lisansi na Mazutu agira ingaruka ku biciro

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleGen Innocent Kabandana yapfiriye i Kanombe
Next articleBuruse 50,000 ku rubyiruko rw’u Rwanda:Amahirwe mashya mu masomo ya Data Science na AI.
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here