
Leta y’u Rwanda iherutse gutangaza ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli aho lisansi na mazutu ibiciro byabyo byiyongereye, hatanzwe impamvu y’intambara mu Burasirazuba bwo hagati. Gusa umuntu ugura ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda akatwa amafaranga atandukanye arenga 600 arimo ayo kunganira ubwisungane mu kwivuza, gusana imihanda n’indi misoro itandukanye.
Sobanukirwa amafaranga akatw aumuguzi wa Lisansi na Mazutu agira ingaruka ku biciro
Facebook Comments Box











