Home Politike Amashusho: Abaminisitiri icyenda bamaze kwirukanwa mu mezi icyenda

Amashusho: Abaminisitiri icyenda bamaze kwirukanwa mu mezi icyenda

0

Abaminisitiri icyenda (9) nibo bamaze guhindurirwa imirimo abandi barirukanwa hakaba harimo n’ufunzwe wahamijwe ibyaha bifitanye isano na ruswa  kuva uyu mwaka watangira. Buri kwezi nibura hirukanwa minisitiri ku mpuzandengo.

Inzobere mu itangazamakuru akaba n’umusesenguzi wa politiki, Muganwa Gongaga, avuga ko guhindura Abaminisitiri cyane mu Rwanda ari ibisanzwe, bitandukanye no mu bindi bihugu byo mu Karere, kuko mu Rwanda ba Minsitiri baba ari abatekenisiye kuruta uko ari abanyepolitiki.

Ikiganiro cyose na Muganwa, mu majwi n’amashusho

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleInzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi zirimo n’urwa Bisesero zanditswe mu murage w’Isi
Next articleKazungu yiburaniye yemera ibyaha icumi ashinjwa
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here