Home Amakuru Angola: Dos Santos ntiyarozwe, ahazashyingurwa umurambowe hateje impaka

Angola: Dos Santos ntiyarozwe, ahazashyingurwa umurambowe hateje impaka

0

Umushinjacyaha mukuru wa Angola, Helder Pitta Gros, avuga ko isuzumwa ryakozwe nyuma y’urupfu rw’uwahoze ari Perezida wa Angola, José Eduardo dos Santos rigaragaza ko atishwe n’uburozi.

Urukiko rwo muri Barcelona rwemereye klo umurambo wa Dos Santos upimwa nyuma yo kubisabwa n’umukobwa we, Tchize dos Santos, wavuze ko yishwe.

Ku wa gatanu, Bwana Dos Santos yapfiriye mu bitaro bya Barcelona, aho yari amaze igihe yivuriza.

Abunganira umuryango wa Dos Santos bamaganye icyifuzo cya Leta cyo gusubiza umurambo wa Dos Santos muri Angola akaba ari naho ushyingurwa  kuko nyirubwite we yari yaranze kuzashyigurwa muri Angola ashaka guhsyingurwa muri Espagne.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleMozambique: Ikigo cya gisirikare kibamo n’abanyarwanda cyatewe
Next articleBucyibaruta wari Perefe wa Gikongoro yakatiwe gufungwa imyaka 20
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here