Home Amakuru Boris Johnson yasabye imbabazi ku irondaruhu ryakorewe abirabura baguye mu ntambara y’Isi

Boris Johnson yasabye imbabazi ku irondaruhu ryakorewe abirabura baguye mu ntambara y’Isi

0

 Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yasabye imbabazi zidasubirwaho kubera kudaha agaciro kwibuka ingabo z’abirabura na Aziya baguye mu  Ntambara ya Mbere y’Isi Yose barwanira Ingoma y’Ubwongereza mu

Ibi yabitangaje nyuma y’uko komisiyo ishinzwe imva z’umuryango wa Commonwealth yemeye ko ivanguramoko ryatumye ibisigazwa by’abasirikare barenga 100.000 baturutse mu Buhinde, Afurika y’Uburasirazuba, Afurika y’iburengerazuba, Misiri, Somaliya na Karayibe bafatwa mu buryo butandukanye na bagenzi babo b’abazungu.

Abandi basirikare b’abirabura ibihumbi icumi bibukirwa   mu nzibutso rusange cyangwa mu gitabo gusa akndi abasirikare b’abazungu bo barubakiwe inzibutso z’umwihariko.

Minisitiri w’ingabo w’Ubwongereza, Ben Wallace, yasezeranije kwibuka no gushyira ingufu mu kugaragaza icyo yise aya mateka yihishe.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleIdriss Déby agiye gushyingurwa Perezida Macron niwe utarahagera
Next articleJoe Biden aritegura kwemeza ko ubwicanyi bwakorewe Abanyarumeniya ari Jenoside
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here