Home Ubutabera Nyagatare: Urukiko rwategetse ko Safari wakubise Dasso afungwa

Nyagatare: Urukiko rwategetse ko Safari wakubise Dasso afungwa

0

Urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare rwategetse ko Safari George uherutse kugaragara mu mashusho aniga Umukozi w’urwego rwunganira uturere mu gucunga umutekano DASSO, afungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera impamvu zikomeye zituma akekwaho icyaha aregwa.

Urukiko ruvuga ko rwafashe uyu mwamzuro rushingiye ku byo rwabwiwe n’abatangabuhamya. Safari agiye gufungwa iminsi 30 mbere yuko urubanza rwe rutangira mu mizi.

Urukiko rwasomye uyu mwanzuro Safari adahari gusa hari hari umokobwa we.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleDr. Kayumba umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi arafunzwe
Next articleAbakundana bahuje igitsina bo mu karere barataka guhutazwa
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here