Home Ubutabera Ububiligi: Basabose wahamijwe icyaha cya Jenoside ntiyakatiwe n’urukiko

Ububiligi: Basabose wahamijwe icyaha cya Jenoside ntiyakatiwe n’urukiko

0

Tahirwa Seraphin , uherutse guhamwa n’icyaha cya Jenoside, ibyaha by’intambara n’ibyaha byibasiye inyoko muntu yakatiwe igifungo cya burundu mu gihe mu genzi we Basabose Pierre baburaniraga hamwe nawe wahamijwe icyaha cya Jenoside we atazafungwa kuko azakurikiranwa ari hanze kubera ibibazo by’uburwayi.

Ni umwanzuro wasomwe mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu mu gihe umwanzuro ubanza wo kubahamya icyaha watangajwe ku wa kabiri w’iki cyumweru.

Kuri Basabose, utigeze ukatirwa n’ubwo yahamijwe icyaha, icyemezo cy’urukiko rwamufatiye gishobora kuzahinduka bitewe n’uko abaganga bazasanga ubuzima bwe buhagaze nyuma y’igihe runaka, kuko igihe byazagaragara ko nta kibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe afite, yazakatirwa.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleImyaka 24 y’igifungo, Dr Munyemana ashyizwe aho yashyize abandi – Uwakurikiranye urubanza
Next articleImbuga nkoranyambaga zafasha mu gukora ubuvugizi no kwerekana ahahonyorwa uburenganzira bwa muntu -NCHR
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here