Home Imyidagaduro Abashaka gukorera ibirori mu ngo bazajya babimenyesha ubuyobozi kuri Whatsapp

Abashaka gukorera ibirori mu ngo bazajya babimenyesha ubuyobozi kuri Whatsapp

0

Minsiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu (Minaloc) yatangaje amabwiriza agomba gukurikizwa n’abategura ibirori byo mu ngo  ivuga ko ubitegura agomba kubimenyesha gitifu w’Akagali akabimumenyesha biciye kuri e amail cyangwa whatsapp.

Muri aya amabwiriza kandi nta mubare ntarengwa w’abitabira ibi birori ugaragaramo gusa ntibigomba kurenza saa mbiri z’ijoro n’ubwo hari utundi  Turere bitagomba kurenza saa kumi n’ebyiri.

Abitabira ibi birori kandi bagomba kuba baripimishije Covid-19, nibura mu minsi itatu mbere yuko bitabira ibi birori bakabikora bibutse gusigamo intera no gukaana intoko n’amazi mea n’isabune mbere yo kwinjira.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleIkiruhuko cyo kubyara ku bagabo kimwe mu bimenyetso bw’ubusumbane bw’ibitsina
Next articleBahangayikishijwe n’ababo bari bafungiwe muri gereza ya Rusizi ubu batazi aho bari
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here