Home Uncategorized Amashusho: Impamvu Depite Habineza yasabye imbabazi nyuma yo gusaba Leta kumvikana n’abayirwanya

Amashusho: Impamvu Depite Habineza yasabye imbabazi nyuma yo gusaba Leta kumvikana n’abayirwanya

0

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukijije, Depite Frank Habineza, muri Kamena umwaka ushize yasabye leta y’u Rwanda kumvikana n’abatavuga rumwe nayo ariko nyuma y’igihe gito yongera kumvikana kuri radiyo y’Igihugu ari gusaba imbabazi kubera ibyo yari yatangaje mu kiganiro n’abanyamakuru.

Depite Frank Habineza, kuri ubu avuga ko basabye imbabazi ku bantu  bumvise nabi ubutumwa yatanze  ariko ko batasabye imabbazi ku byo basabaga kuko biri muri manifesto yabo.

Depite Habineza arabisobanura mu majwi n’amashusho

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articlePerezida Kagame yemeje ko ari umukandida muri 2024
Next articleInzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi zirimo n’urwa Bisesero zanditswe mu murage w’Isi
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here