Home Amakuru Facebook na Whatsapp  bigiye gucibwa amamiliyari

Facebook na Whatsapp  bigiye gucibwa amamiliyari

0

Ikigo cyale gishinzwe kwamamaza muri Nigeria (Arcon),cyareze  Meta – ifite Facebook, Instagram, na WhatsApp – hamwe n’ishami ryacyo kiyisaba hafi miliyari 70 z’amafaranga y’u Rwanda  ($ 70m; £ 60m).

Kivuga ko Meta hamwe n’ikigo cyayo kiyishamikiyeho Lagos AT3 Resources Limited bagomba kwishyura aka kayabo k’amafaranga kuko bananiwe kwereka iki kigo ibyo bagomba kwamamaza  mbugankoranyambaga mbere y’uko babyamamaza, ibi bikaba bitandukanye n’amasezeano bafitanye.  

Meta na AT3 Resources Limited ntibaragira icyo bavuga kuri uru rubanza rwatanzwe n’Inama ishinzwe kugenzura ibyamamazwa muri Nigeria (Arcon).

Mu minsi ishize IGihugu cya Nigeria cyari cyaraagaritse Twitter gukorera mu gihugu mu gihe cy’amezi arindwi areko ongera gukomorerwa nyuma yo guhabwa amabwiriza igomba kubahiriza.

 Kuva uku kwezi kwatangira nta banyamideli b’ababanyamahanga bagomba kugaragara mu bikorwa byo kwamamaza muri Nigeria mu rwego rwo kurinda no guteza imbere abafite iyi mpano mu Gihugu.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleUrukiko rwemeye ubusabe bwa Munyenyezi ushinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi
Next articleGakenke: Ambilansi ya gisirikare yagonganye na Fuso
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here