Home Amakuru Kenya: Amajwi y’abatoye umukuru w’igihugu yateranyijwe nabi

Kenya: Amajwi y’abatoye umukuru w’igihugu yateranyijwe nabi

0

Visi-Perezida wa komisiyo ishinzwe amatora muri Kenya, Juliana Cherera, yari umwe mu bakomiseri bane banze kwemeza ibyavuye mu matora ya perezida byatangajwe ku wa mbere.

Mu kiganiro n’abanyamakuru yongeye gusobanura ibitaragenze neza muri aya matora anavuga ko ariyo mpamvu yitandukanyije nayo.

Yavuze ko uramutse uteranyije ama ijanisha ry’amajwi y’abakandida bose nk’uko byatangajwe na perezida wa komisiyo, Wafula Chebukati, amajwire arenga ijanisha ry’100% akagera ku 100.01%.

Read more: Kenya: Amajwi y’abatoye umukuru w’igihugu yateranyijwe nabi

Uyu akomeza avuga ko abavuag ko amatora yabayemo uburiganye bahabwa agaciro n’ibirego byabo bikakirwa.

Juliana Cherera yongeraho ko ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu bitagaragaza imoikorere y’abakomiseri kuko ibyavuye mu matora bagombaga kubitunganya mbere yuko bitangazwa bakabyemeranyaho ariko ibi ntibyigeze biba.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleIbarura rusange: Ku ikubitiro Perezida Kagame yabaruwe n’umuyobozi
Next articlePerezida Kagame kimwe n’abandi bayobozi bakeje Ruto watorewe kuyobora Kenya
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here