Home Uncategorized Kenya: Umudepite yiciye umuntu ku biro

Kenya: Umudepite yiciye umuntu ku biro

0
Depite Kimili ari mu bwihisho nyuma yo gukekwaho ubwicanyi mu matora

Umudepite wo muri Kenya ari mu bwihisho nyuma yuko bivuzwe ko yishe arashe umukozi w’uwo bari bahanganiye umwanya mu nteko ishingamategeko umutwe w’abadepite muri iki Gihugu.

Ababibonye bavuga ko Depite Kimilili Didmus Barasa yarashe uyu mugabo mu mutwe ubwo batonganiraga ku biro by’itora mu ntara ya Bungoma.

Ubu Polisi yatangiye guhiga uyu mudepite ushaka manda ye ya kabiri mu matora rusange y’uyu mwaka yabaye ku wa 09 Kanama 2022.

Polisi y’iki Gihug u yahaye amasaha 24 yo kuba uyuy mudepite Kimilili Didmus Barasa yaba yishyikirije ubutabera.

Bwana Barasa n’ubwoasanzwe ari umudepite abamuzi bamuhisnaja kuba igifura kubera ktam enya kuganira ibiganiro birimo impaka kuko n’mwaka ushize yigeze gufungwaho  ashinjwa gukubita umucuranzi waho bari bagiye impaka.

Yabanje kujya mu gisirikare mbere yo gutangira imirimo ya politiki.

Depite Kimili ari mu bwihisho nyuma yo gukekwaho ubwicanyi mu matora
Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleDepite Frank Habineza yiswe umuvugizi wa FDLR
Next articleAntony Blinken uetegrejwe mu Rwanda asa n’urushinja gufasha M23
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here