Home Uncategorized Yanga wamamaye mu gusobanura Filimi yitabye Imana

Yanga wamamaye mu gusobanura Filimi yitabye Imana

0

Nkusi Thomas benshi bita Tom ariko abafana be bakamwita Yanga, yitabye Imana kuri uyu wa gatatu nk’ukuko amakuru ava mu muryango we abyemeza.

Murumuna we Junior Giti, nawe usanzwe akora akazi ko gusobanura Filimi niwe wemeje urupfu rwa Yanga.

Yanga yitabye Imana amaze igihe yararetse ibyo gusobanura Filimi ahitamo gukorera Imana kuko ngo yari imaze kumukiza indwara ya Kanseri.

Benshi mu bakunzi ba Filimi zisobanuye bavuga ko ariwe wazibakundishije ko yari afite impano idasanzwe yo gusobanura filimi.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleYvan Buravan yitabye Imana bishengura ibyamamare bitandukanye
Next articleNyuma y’amezi 3 Bamporiki yakirijwe impundu n’induru kuri twitter
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here