Home Amakuru Afurika irashinjwa kugura ibyo Uburusiya busahura muri Ukraine

Afurika irashinjwa kugura ibyo Uburusiya busahura muri Ukraine

0

Umuyobozi w’isosiyete nini y’ibyuma ya Ukraine yashinje Uburusiya gusahura ibyuma bifite agaciro karenga  miliyoni 600 z’amadolari.

Yuriy Ryzhenkov, umuyobozi mukuru wa Metinvest, yavuze ko ubu ibyuma byibwa n’Uburusiya muri Ukraine bigurishwa n’Uburusiya muri Aziya, Afurika ndetse no mu bindi bice by’isi – nubwo hari n’abakiriya bamwe b’iburayi bashakaga kubigura.

Uburusiya ntacyo buravuga kuri iki kibazo.

Yavuze ko abakozi 300 biciwe mu ruganda rwa Azovstal i Mariupol, mu mezi atatu rwagoswe n’ingabo z’Uburusiya, Bwana Ryzhenkov yavuze aho uru ruganda ruherereye ariho hatanga 40% by’umusaruro w’ibyuma bikoreshwa muru Ukraine n’ahandi.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleMashami yemejwe nk’umutoza wa Police fc yahinduriwe ubuyobozi
Next articleRutsiro: uwabwiye uwarokotse ko Abatutsi bishwe neza yafashwe
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here