Home Imyidagaduro Amafoto y’ubukwe bw’umuhanzi Clarisse Karasira

Amafoto y’ubukwe bw’umuhanzi Clarisse Karasira

0

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yarushinze na Ifashabayo Sylvain Dejoie bari bamaze igihe kundana, mu birori byabereye kuri Christian Life Assembly [CLA], urusengero ruherereye i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali

Ubu bwitabiriwe n’abantu 20 mu rwego rwo kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Umuhanzikazi Liza Kamikazi wamamaye mu muziki niwe wari ‘Marraine’ wa Clarisse Karasira mu Gihe Gasore Serge wariwe wari Parrain w’umugabo we.

Abahanzi b’indirimbo za cyera nka umuhanzikazi Mariya Yohana, Nyiranyamibwa Suzanne nibo bnyine bitabiriye ubu bukwe

Wari umunsi udasanzwe kuri aba bombiUbu bukwe bwatashywe n’abantu bakeUhereye ibumoso: Umubyeyi wari uhagarariye Se wa Ifashabayo utakiriho, Ifashabayo Dejoie, Clarisse Karasira na Nyina wa IfashabayoUmugabo wa Karasira ni uku yaserutse ku munsi ukomeye w’ubukwe bwaboClarisse Karasira yaririmbiye umugabo weAba bageni n’uwari uhagarariye umuryango wa Tito Rutaremara utarabashije kwitabira ubu bukweIfashabayo Sylvain Dejoie na ‘Parrain’ we Gasore Serge washinze ikigo Gasore Serge FoundationKarasira Clarisse yari agaragiwe na Uwimana Console uri ibumoso na Mukakalisa Jeanne d’Arc (uri iburyo) wahoze ari UmusenateriLiza Kamikazi yari marraine wa KarasiraMariya Yohana ari mu bitabiriye ubu bukwePasiteri Raphael Ndahayo wasezeranyije Clarisse Karasira n’umugabo we. Uri iburyo ni umugore weUyu muhanzikazi yari yaherekejwe n’abarimo Liza Kamikazi wari marraine weClarisse Karasira ari kumwe n’ababyeyi beNyiranyamibwa Suzanne ni umwe mu bari bitabiriye ibi biroriNyiranyamibwa Suzanne yahaye Ifashabayo Dejoie impano y’ingabo yifashishwaga mu kwirinda ku rugamba

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articlePerezida Kagame yagaragaje ko nta cyizere cy’umubano hagati y’u Rwanda na Uganda
Next articleAbatuye Huye ntibabujijwe na Covid-19 kwishimira Tour du Rwanda
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here