Home Amakuru Dos Santos wahoze ategeka Angola ari muri koma

Dos Santos wahoze ategeka Angola ari muri koma

0

Ibiro ntaramakuru by’Abanyaportigale biratangaza ko uwahoze ari perezida wa Angola, José Eduardo dos Santos, ari muri koma mu bitaro i Barcelona mu Gihucya Espagne.

Ikigo cya Leta cya Porutugali cyitwa Lusa News Agency, kivuga ku iterambere ry’ibihugu bivuga ku ururimi rw’Igiporutugali , cyagize giti: “José Eduardo dos Santos ari mu bitaro mu ivuriro rya Barcelona kandi ari muri koma nyuma y’uko ubuzima bwe bwongeye kuba bubi, nyuma yo gukira Covid-19”.

Habayeho kwibazwaho byinshi ku buzima bwa Bwana Dos Santos, hamwe n’ikinyamakuru cyo muri Porutugali Expresso kivuga ko ubuzima bwe ari “buri habi”.

Hagati aho, umukobwa w’uwahoze ari perezida, Tchizé dos Santos, yanenze “abategura umuhango wo kumushyingura”.

Yashinje kandi Perezida wa Angola João Lourenço kuba ibintu byose bya se yarabihinduye politiki  .

José Eduardo dos Santos yabaye perezida wa Angola kuva 1979 kugeza 2017.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleIgitero cya Putin muri Ukraine ni ukurata ubugabo – Boris Johnson
Next articleTanzania: Perezida Suluhu yahinduye umugaba mukuru w’ingabo
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here